Umuco nyarwanda w’ubaha igisabo cyane kubera agaciro inka zahabwaga mu Rwanda rwo hambere.
Gucunda : Igisabo ni igikoresho cyubashywe mu muco nyarwanda kuva kera, cyifashishwa mu gikorwa cyo ‘gucunda amata’, amata nayo akaba ari ikinyobwa gifite intungamubiri nyinshi ku mubiri w’umuntu.
Gukobwa :Igisabo cyifashishwa mu mihango itandukanye ya kinyarwanda, cyane nko mu birori byo gushyingirwa, aho umukobwa wakowe ahabwa igisabo nk’impano mu majyambere ajyanye mu rugo rwe ,mu kumwifuriza kuzatunga agahorana amata ku ruhimbi.
Bavuga ko igisabo kidapfa gutwara n’umuntu uwo ariwe wese kuko gitwarwa n’umukobwa muto w’isugi kandi ufite ababyeyi bombi. Kugira amata bisobanuye kugira umugisha, kugira abana, gutunga n’ibindi byiza. Gusa kuri ubu usanga hari uburyo igisabo kitagihwa umuco wacyo kubera amajyambere.Usanga ababyinnyi n’abandi bantu bose bagikoresha mu birori hatitawe ku cyo umuco ukivugaho. Ngo si byiza gucunda ubusa nk’uko usanga ababyini babikora kuko umuco utabyemera kuko cyamanurwaga kigiye gucunda gusa.
Ubusobanuro bw’igisabo mu gutwikurura
Subscribe to:
Post Comments (Atom)
1 comments:
adidas outlet
cheap mlb jerseys
christian louboutin outlet
tory burch outlet store
ralph lauren outlet
valentino shoes outlet
cheap nike air max
michael kors handbags
michael kors outlet
gucci outlet
mt0630
Post a Comment