- Inyoni ntizirya neza nubwo zirya ibisigazwa by’ibiryo,iminyorogoto n’ibindi bisigazwa zishobora kubona.
- Inkoko ntoya nazo zisangira ibiryo n’inyoni nini bigatuma inyoni zazirya cyangwa zikazanduza indwara.
- Inyoni ntizinwa amazi ahagije ntizigira n’ibizirinda umuyaga n’imvura cyangwa ibizirinda ibikoko bizirya n’abajura.
- Ziterera amgi hasi aho byoroshye ko yakwangizwa cyangwa akaribwa n’izindi nyamanswa.
- Inyoni ntizikunzwe gukingirwa cyangwa kuziha imiti izivura indwara.
- Umusaruro nuko inyoni nyinshi zishobora kurwara no gukura gahoro, umusaruro mucye w’amagi n’inyama nkeya.
- guha inyoni ibiryo by;ubwoko bwinshi kandi n’amazi meza. Bitewe n’igihe cy’umwaka, zishobora gushobora kubona ibiryo byazo hafi murugo zitoragura.
- kuziha ibiryo byinyongera kugira ngo zibyibuhe zitere n’amagi menshi.
- kugaburira inkoko ntoya ibiryo birimo ibyubaka umubiri nk’ibinyamujonjorerwa, imihovu n’utunyorogoto bizatuma zikura vuba zigire n’ubuzima bwiza.
- mu kiraro hagomba kuba hijimye, hari umwanya uhagije zishobora gutereramo amagi. Ikiraro kigomba kuba gifite umutekano utumu ntatundi dukoko twinjiramo. Iyo ikiraro gihungabanyijwe,byangiza ibyari n’ikibuti.
- ni ba ugamije kubona umusaruro w’amagi, ugomba korora inkoko kazi gusa. Isake imwe gusa ishobora kororwa igufasha kureba ibindi bikoko bibangamira inkoko no kubangurira inkoko kazi.
- niba inkoko zabaye nyinshi zijyanwa ku isoko,zikagurishwa, zikabagwa cyangwa zigatangwa mu kurwanya ko inkoko zaba nyinshi zikarwanira ibiryo cyangwa zikaba nyinshi mu kiraro.
- ingano y’inkoko ziri mu kiraro ugomba kuba ujyanye n’ubunini bw’ikiraro, ibyo ugura ibiryo ntibirute umusaruro ubona.
- ntukagure inyoni ahanu hadafitiwe icyizere cy’umutekano ku indwara kuko zakuzanira indwara muyandi matungo.
- kingirira igihe ukurikije amabwiriza y’umuvuzi w’amatungo uri muri ako gace. Inkoko ntoya zigomba gukingirwa indwara zanduzanya zigejeje hagati y’iby’umweru bibiri kugeza kuri bitatu.
- genzura ko hari inkoko yerekana ibimenyetso byo gutera inshuro imwe mu kwezi noneho uyihe ibiryo byinyongera.
- mu gihe inyoni zawe zafashwe n’indwara ikomeye, ugomba:
- guhamagara umuvuzi w’amatungo
- gutandukanya izirwaye n’izitarwaye
- kwica inyoni zirwaye bitewe nuko ubona indwara izimereye no
- kuzitwika cyangwa kuzitaba kure mubutaka wirinda ko imbwa cyangwa andi matungo ashobora gucukura akazikuramo agakwirakwiza ya ndwara.
0 comments:
Post a Comment