uyu ni umwambaro wakwambara muri week end wasohokanye n’abana cyane cyane ku ba mama bakiri bato. wabajyana mu minsi mikuru y’abandi bana, cyangwa se gusura abantu bisanzwe. ni umwenda utenaze amahoro watuma wita ku bana wisanzuye.
iyi moderi yahimbwe na Tsapa, werekanywe muri kigali fashion show 2013
iyi moderi yahimbwe na Tsapa, werekanywe muri kigali fashion show 2013
0 comments:
Post a Comment